mercredi 17 février 2016

Gashugi yahesheje Kiyovu amanoya 3 I Rwamagana

Mu mukino wahuje uyu wa gatatu tariki ya 17/02/2016, Kiyovu na Rwamagana, i Rwamagana Gashugi yahesheje ikipe ye amanota 3. Hari mu mukino wa shampionat aho Kiyovu sports yari yasuye ikipe ya Rwamagana, umukino wabereye I Rwamagana. 
Uyu mukino utari woroshye nk'uko tubikesha urubuga rw'abafana urucaca.rw.  Aho bavuga konmu gusatirana cyane aribwo kiyovu sports yaje kubona igitego ku ishuti rikomeye ryatewe na
samedi 6 février 2016

Byumvuhore Muhdi yatuvuyemo

 Kiyovu Sports ibabajwe n'urupfu rwa Nyakwigendera Byumvuhore Muhdi, wayibereye umuyobozi mu nzego nyinshi zitandukanye.
Ni kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5/02/2016, ubwo inkuru y'inshamugogo yageraga ku buyobozi bw'ikipe.
Bwana Byumvuhore Muhdi, usize umugore n'abana babiri, yari umuyobozi mu rwego rwa Tekiniki muri Kiyovu Sports. Yagiye akora imirimo myinshi itandukanye mu ikipe ndetse no muri Komite tutibagiwe no muri FunClub.
Inkuru ku mateka ye iracyategurwa.
Twihanganishije umuryango we, Umuryango mugari wa Kiyovu sports ndetse n'abakunzi ba Ruhago mwese.
iyi nkuru iri no kuri Facebook