dimanche 20 mars 2016

Fanclub yakoze inama kuri uyu wa 20/03/2016

Amakuru dukesha Urucaca.rw aravuga ko uyu wa 20 habaye inama kwa Mayaka mu biryogo ugana i Nyamirambo, ibyayivuyemo tubararikiye kubibagezaho vuba.
Iyi nama nk'uko inkuru ibivuga yari yatumijwe na Perezida wa Fun club Bwana Minani Hemedi,  yatumiwemo abantu bose: Abayobozi ba Kiyovu Sports, Abafana basanzwe ndetse n'Abanyamuryango ba Kiyovu Sports.
Bamwe mu bagize FunClub Nyamirambo ku mumena

mercredi 17 février 2016

Gashugi yahesheje Kiyovu amanoya 3 I Rwamagana

Mu mukino wahuje uyu wa gatatu tariki ya 17/02/2016, Kiyovu na Rwamagana, i Rwamagana Gashugi yahesheje ikipe ye amanota 3. Hari mu mukino wa shampionat aho Kiyovu sports yari yasuye ikipe ya Rwamagana, umukino wabereye I Rwamagana. 
Uyu mukino utari woroshye nk'uko tubikesha urubuga rw'abafana urucaca.rw.  Aho bavuga konmu gusatirana cyane aribwo kiyovu sports yaje kubona igitego ku ishuti rikomeye ryatewe na
samedi 6 février 2016

Byumvuhore Muhdi yatuvuyemo

 Kiyovu Sports ibabajwe n'urupfu rwa Nyakwigendera Byumvuhore Muhdi, wayibereye umuyobozi mu nzego nyinshi zitandukanye.
Ni kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5/02/2016, ubwo inkuru y'inshamugogo yageraga ku buyobozi bw'ikipe.
Bwana Byumvuhore Muhdi, usize umugore n'abana babiri, yari umuyobozi mu rwego rwa Tekiniki muri Kiyovu Sports. Yagiye akora imirimo myinshi itandukanye mu ikipe ndetse no muri Komite tutibagiwe no muri FunClub.
Inkuru ku mateka ye iracyategurwa.
Twihanganishije umuryango we, Umuryango mugari wa Kiyovu sports ndetse n'abakunzi ba Ruhago mwese.
iyi nkuru iri no kuri Facebook
lundi 25 janvier 2016

Yves Rwasamanzi, Umutoza mushya muri Kiyovu 2016

Ikipe ya Kiyovu Sports yazanye undi mutoza nyuma y’iminsi itatu yirukanye uwari umutoza mukuru Seninga Innocent, kubera umusaruro muke, akaba yasimbujwe Yves Rwasamanzi wahawe amasezerano y’umwaka umwe n’inshingano zo kubaka ikipe itsinda kandi ishobora guhatanira ibikombe.